Umuraperi Jay-C yakoze indirimbo ye nshya y’Imana yise “INZOZI” Ese yaba agiye kujya akora Gospel?

179829_111974938877276_100001943110801_94556_6210374_nONLINE READER :19

Umuraperi Jay-C umwe mu bamenyereye injyana ya Hip hop tutatinya kuvuga ko ari umwe mubayitangiye muri iki gihugu cyacu cy’u Rwanda dore ko yaranzwe n’ibikorwa by’indashyikirwa! Read more »

Mu kudutangariza gahunda ya muzika afite vuba aha,umuhanzi Lil G yatwibiye ibanga ku mukobwa bari kubyumva kimwe ubu

lil_gONLINE READER :197

Aherutse gusohora video y’agaciro ndetse video nziza cyane,nyamara hari n’andi makuru amaze iminsi yumvikanamo y’uko yaba yarashatse kujya murukundo na tete roca.gusa ubwo twaganiraga nuyu muhanzi lil G byaratinze ariko birangira atweruriye ko atari Read more »

King james yadutangarije impamvu atiyeretse abatuye kimironko muri road show ya PGGSS II

KING JAMESUUONLINE READER :235

Umuhanzi king james abenshi bita umwami wa RnB,kubera ukuntu agenda yigaragaza muri iyo njyana hano mu Rwanda ,kuri ubu nawe ari mu marushanwa ya PGGSS 2 aho akomeje kuzenguruka impande zitandukanye z’igihugu .nyamara kuri uyu munsi ntiyagaragaye

Read more »

Dore akababaro karanze abakunzi ba Mafisango! Irebere uko basezeye ku murambo we n’amarira menshi….

MafisangoONLINE READER :62

kuri uyu wa gatanu  saa yine za mugitondo, nibwo umurambo wa nyakwigendera Mafisango Mutesa  Patrick, akaba yari umwe mu bakinnyi  bateje imbere ruhago ya hano iwacu mu Rwanda ndetse no mu gihugu cy’abaturanyi  cya Tanzania,  Patrick mafisango

Read more »

Nyuma yo gusimbura Emmy muri PGGSS II,Urban boyz yiteguye guhatana. ni mu kiganiro na manager Muyoboke

muyobokeONLINE READER :164

“ubu nanjye ngiye gutangira amarushanwa!”manager wa urban boyz,Alex Muyoboke. Ayo ni amwe mu magambo ya manager wa urban boyz yatangaje ubwo yegukanaga umwanya w’usimbura Emmy muri PGGSS kuri ubu uri kubarizwa muri America aho agiye

Read more »

Umuraperi Fireman yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye Africa! Reba hano….

iNKURUONLINE READER :331

Umuraperi Fireman A.K.A. Godson ni umusore ubarizwa mu isinda rya Tuff gang, uyu musore rero akaba arangwa n’impano ntagereranywa kuko ari muri bake bakora neza injyana ya Hip hop, twanabibutsa ko muri uyu mwaka uyu musore agaragaje ko afite imbaraga, akaba afitemo ibikorwa byinshi yaba ama audio ndetse n’ama video. Read more »

[Ntibisanzwe] Umusore Yari ahambwe ari muzima Imana ikinga akaboko

egyptONLINE READER :404

Ni amahirwe adasazwe ubwo umusore byari byemejwe na muganga ko yitabye Imana yaje gukanguka mu gihe bari bagiye kumushyingura . kuzuka kwe cyangwa se gukanguka byavanye abari  baheranywe na agahinda maze bihinduka ibirori byakataraboneka Read more »

Manchester City niyo kipe birangiye yegukanye shampiyona ya 2011 – 2012 mu bwongereza

article-2143702-13124E39000005DC-504_634x437ONLINE READER :138

Ababurana ari babiri burya ngo umwe aba yigiza nkana nguko uko bigendekeye ikipe ya Manchester United ubwo yatwarwaga igikombe na mukeba wayo Manchester City mu gihe kingana n’iminota ibiri gusa dore koAkazi ikipe ya Manchester united yasabwaga Read more »

[Audio]Serena Williams yemeje abantu ko Atari tennis gusa ashoboye ko ahubwo na rap ayirusha benshi

1073_1336787217ONLINE READER :110

Umukinnyi ukomeye wa Tennis Serena Williams akaba ikirangirire ku isi kubera amarushanwa menshi yagiye atsinda ku rwego mpuzmahanga,kuri ubu yatunguye abantu ubwo yakoraga icyo dukunda kwita Freestyle benshi bakaba batatinze kuvuga ko yinjiye no Read more »

Umwami wa Coga style (Rafiki) ni umwe mu bahanzi bagaragaza ko bashoboye! Irebere bimwe mu bikorwa bye..

316057_2144345658115_1530452682_31771284_1081998141_nONLINE READER :359

Umuhanzi Mazimpaka Rafiki A.K.A. COGA STYLE, ni umwe mu bahanzi nyarwanda bagaragaza ko bashoboye, byaba ibikorwa bye by’indashyikirwa, gushimisha abafana be,  ndetse n’amavideo ye afite umwihariko! Yaganiriye na hillywoodstar adutangariza ibi

Read more »